
nka paradizo - meddy lyrics
nasanze urukundo
ruruta byose
kwihishira ni ukwibesha
no mu gusaza (yeah)
nzahora nkunkuda (yeah)
nkaho ari ubwa nyuma (yeah)
tambuka
oya, ntutinye kugwa
turi k-mwe
abifuza ko nabivamo
ntibari ko ari wowe
ngwino tubijyaze bucece
kuva nak-menya wanyibukije umudendenzo tujyana
umurikiye nk’izuba rirasa duhuza amaso, nkananirwa kwifata
umutima ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bazakubwira ko bizashira
bifuze ko nkuta
niko iyi si imera
reka nkubere inyenyeri itazima
imvura izagwa, nkubere ubwugamo
tambuka
oya, ntutinye kugwa
turi k-mwe
abifuga ko nabivamo
ntimbazi ko ari wowe
kuva nak-menya wanyibukije
umudendenzo tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
duhuza amaso,
nkananirwa kwifata umutima
ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
iyeeeeeh!!uhhhmmm
kuva nak-menya iyeeehh
umudendenzo iyeeeh
ntibazi ko ari wowe
kuva nak-menya wanyibukije
umudendenzo tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
duhuza amaso,
nkananirwa kwifata umutima
ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
kuva nak-menya wanyibukije umudendenzo tujyana umurikiye nk’izuba
rirasa duhuza amaso,
nkananirwa kwifata umutima
ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
Random Song Lyrics :
- bisalam - بسلام - nassif zeytoun - ناصيف زيتون lyrics
- don't wanna feel - nolan taylor lyrics
- envidia - yyy891, roomtrash6, 8belial & cybernene lyrics
- ..entre les lignes - timéa lyrics
- hate you - rylic zander lyrics
- rewind - donnysavv lyrics
- walking on water - saga (morbid) lyrics
- fl ouvert - cellulaire lyrics
- lol - fattmack lyrics
- abc - lottie dottie chicken lyrics