lirik lagu impanda – bushali
[intro: bushali]
yeah
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
ni navuga impanda nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
nitujya no mumuriro nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
impanda impanda, nzaba nkihari
nyambaye impeta impanda impanda
nzaba nkihahi nyambaye impeta
[verse 1: bushali]
urumuri rwaremewe umwijima
icyo nabumbiwe nukukurinda amarira
numunsi wanyuma nzaba nkihari
twarabaye umwe tutakiri babiri
jye nzaba ndihafi unshaka ukambona
sinzajya bouge utashaka ukambura, umuriro niki?
ndi mwisi yajye n’uwo nkunda wibuke byinshi
w-nkoreye wanyuzuzaga imitsi
ndinda imbeho yaha kwisi
ni wowe miss wajye w’isi
icara ubizi, disi untera gushesha urumeza
[chorus: bushali]
impanda impanda
nzaba nkihahi nyambaye impeta
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
ni navuga impanda nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
nitujya no mumuriro nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
impanda impanda
nzaba nkihahi nyambaye impeta
impanda impanda
nzaba nkihahi nyambaye impeta
[verse 2: bushali]
urukundo n’umugisha
udisha ubuzima, nagusize najya hehe
nabura ubuzima, nakunze rimwe bimbera amahirwe
niyo wazana umuhinde ni wowe nambara nkaba ndarimbye
uwaguhiga yaba arinde
ka bushali nuruburi ntaruburi naba uwundi
tuza utimaze urakundwa
urukundo ndukura munda ubu ndatuje, mukunzi
wakunze uwagukunze
ndira iminsi ipfushe isi nayo ituze
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nunakanguka nzaba nkihari
[chorus: bushali]
impanda, impanda
nzaba nkihahi nyambaye impeta
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
numunsi wanyuma nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
ni navuga impanda nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
nitujya no mumuriro nzaba nkihari
nkitwa uwawe nyambaye impeta
impanda impanda nzaba nkihari
nyambaye impeta impanda impanda
nzaba nkihahi nyambaye impeta
lirik lagu lainnya :
- kumpulan lirik lagu csse › lirik lagu fine line(eminem remix) – csse
- kumpulan lirik lagu hundo › lirik lagu no chill – hundo
- kumpulan lirik lagu kuberunnak karmo › lirik lagu roolijoodik – küberünnak & karmo
- kumpulan lirik lagu ggoss › lirik lagu vermelho – ggoss
- kumpulan lirik lagu raubtier › lirik lagu neodymium – raubtier
- kumpulan lirik lagu mistah crisp › lirik lagu bank – mistah crisp
- kumpulan lirik lagu cswalo › lirik lagu they don’t like me – cswalo
- kumpulan lirik lagu kosi the great › lirik lagu uber everywhere – kosi, the great
- kumpulan lirik lagu sinyhateme › lirik lagu lisa – sinyhateme
- kumpulan lirik lagu eleven tigers › lirik lagu night – eleven tigers