lirik lagu urumiya – bushali
[intro]
uuummuuyeee
urrere urerre
maman miya maman miya
pacento
[verse 1]
ndamutse ntapfuye uno munsi
umwana ufite se na mere
baza blouz arabizi, ntaba igikara arabizi
ibaze nkabavuka nkaha, bavutse ntanumwe ubagara
abagiye mwishyamba sha, babuze umwanya barunama
abandi bakobotse mubiganza
umwana wisi ubundi nikii
niba nanjye napfa ndira
maman miya maman miya
nibucya wakoze hit
ntihagire uhakana
wowe ukora akanyama
gira ushake amagana
abanywaga ibikamba, batagira inkecye
bakunda no kwirira imikeke
dawe kuko ariwohe
niba imvura izagwa n’rizaka
ubuzima buhera mu mizi
amazi aritinya
ndimbide buri everyday
kimuvuruge ndetse kimumurike
[chorus]
maman miya maman miya
gira upase ku rumiya
umunsi natashye imuhira
nanjye nzibuka gushima
upfuye nabi ntaririrwa
umwana muto ufite ibinika
arimo aratambaza icyayi
abandi baheze igikari
maman miya maman miya
maman miya maman miya
gira upase ku rumiya ninaha nanjye nzashima
maman miya maman miya
maman miya maman miya
gira upase kurumiya ninaha nanjye nzashima
[verse 2]
ndabona nanjye ncaje imburagihe
nari narabaye nk’umusazi w’ibihe
maman miya ko naga inzuzi zingarukira
papa miya bugacya nawe antsaba maman
nzize igikara ntagira
abandi nyuma uzababwira
abandi ntabo impaka zabo
ntagira n’ikibindi
maman miya, maman miya
gira upase ku rumiya
nanjye nkafate ndatuza
uraho urimo urata ituza
ibaze ubyutse nawe utunze
n’ibyo utunze ntubikunde
ukajya kuririra kw’iriba
inzozi zikakubera ubusa
maman miya ngira mwiza
maman miya ngira mwiza
[chorus]
maman miya maman miya
gira upase ku rumiya
umunsi natashye imuhira
nanjye nzibuka gushima
upfuye nabi ntaririrwa
umwana muto ufite ibinika
arimo aratambaza icyayi
abandi baheze igikari
maman miya maman miya
maman miya maman miya
gira upase ku rumiya ninaha nanjye nzashima
maman miya maman miya
maman miya maman miya
gira upase ku rumiya ninaha nanjye nzashima
[bridge]
ase ubundi ninde (ninde)
uwababye isi ubwo ninde (ase ninde)
siyanjye (siyanjye)
siyawe (siyawe)
isi iraryoshye (isi iraryoshye)
isi yabose (isi yabose)
[chorus]
maman miya maman miya
gira upase ku rumiya
umunsi natashye imuhira
ntanjye nzibuka gushima
upfuye nabi ntaririrwa
umwana muto ufite ibinika
arimo aratambaza icyayi
abandi baheze igikari
maman miya maman miya
maman miya maman miya
gira upase ku rumiya ninaha nanjye nzashima
maman miya maman miya
maman miya maman miya
gira upase ku rumiya ninaha nanjye nzashima
lirik lagu lainnya :
- kumpulan lirik lagu fire camp › lirik lagu shut up – fire camp
- kumpulan lirik lagu hassan666 › lirik lagu chupar o meu pinto (take a step back remix) – hassan666
- kumpulan lirik lagu night band › lirik lagu ain’t that peculiar – night (band)
- kumpulan lirik lagu a capella science › lirik lagu pluto mars: outbound probe – a capella science
- kumpulan lirik lagu alyssa blake › lirik lagu be the only one – alyssa blake
- kumpulan lirik lagu king iso › lirik lagu ikon – king iso
- kumpulan lirik lagu faye webster › lirik lagu i know i’ll find you one day – faye webster
- kumpulan lirik lagu sph › lirik lagu andrà tutto bene – sph
- kumpulan lirik lagu deuce › lirik lagu fallen stone – deuce
- kumpulan lirik lagu state of the artist › lirik lagu even though – state of the artist